CENTER FOR EDUCATIONAL DEVELOPMENT
Iki gitabo kigenewe umunyeshuri wiga mu mwaka wa mbere w'amashuri abanza.
2015 · 174 pages

Abstract
Cyanditswe mu mwaka wa 2015 ku nkunga y'Ikigo cy'Amerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga (USAID) binyujijwe mu mushinga ushinzwe guteza imbere uburezi (EDC/L3), ku bufatanye n'Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda (REB). Iki gitabo cyanditswe kandi mu buryo bwo gushimangira imyigire n'imyigishirize ishingiye ku bushobozi bw'umunyeshuri kigendeye ku nteganyanyigisho nshya y'ikinyarwanda yateguwe mu mwaka wa 2015 ishyira mu bikorwa ibyifuzo by'Igihugu cyane cyane mu byerekeranye no kwimakaza ubunyarwanda. Iki gitabo kizafasha umunyeshuri kwiga gusoma no kwandika akora imyitozo igikubiyemo ndetse yimenyereza gusoma no kwandika uko agenda atera intambwe. Ni igitabo cyanditswe hakurikijwe ihame ryo kuva ku byoroshye ujya ku bikomeye, ku buryo gifasha umunyeshuri gusoma no kwandika uko agenda atera intambwe yunguka ubumenyi n'ubushobozi birushaho gutuma anoza imyigire ye ya buri munsi. Mu gutegura iki gitabo hashingiwe ku mahame y'iyigandero mu bijyanye n'imyigishirize ihamye yo gutoza abanyeshuri gusoma no kwandika abanyeshuri bakiri bato ku buryo umunyeshuri uzigishwa ibikubiye muri iki gitabo azashobora kugira ubushobozi bw'ibanze butuma akurana umuco wo gusoma kandi akawusigasira mu buzima bwe bwose. Iki gitabo kigenewe umunyeshuri wiga mu mwaka wa mbere w'amashuri abanza, cyanditswe mu mwaka wa 2015, na kizafasha umunyeshuri kwiga gusoma no kwandika akora imyitozo. Iki gitabo kizafasha umunyeshuri kwiga gusoma no kwandika akora imyitozo igikubiyemo ndetse yimenyereza gusoma no kwandika uko agenda atera intambwe. Ni igitabo cyanditswe hakurikijwe ihame ryo kuva ku byoroshye ujya ku bikomeye, ku buryo gifasha umunyeshuri gusoma no kwandika uko agenda atera intambwe yunguka ubumenyi n'ubushobozi birushaho gutuma anoza imyigire ye ya buri munsi. Iki gitabo kizafasha umunyeshuri kwiga gusoma no kwandika akora imyitozo, igikubiyemo ndetse yimenyereza gusoma no kwandika uko agenda atera intambwe. Ni igitabo cyanditswe hakurikijwe ihame ryo kuva ku byoroshye ujya ku bikomeye, ku buryo gifasha umunyeshuri gusoma no kwandika uko agenda atera intambwe yunguka ubumenyi n'ubushobozi birushaho gutuma anoza imyigire ye ya buri munsi. Iki gitabo kizafasha umunyeshuri kwiga gusoma no kwandika akora imyitozo, igikubiyemo ndetse yimenyereza gusoma no kwandika uko agenda atera intambwe.
Connected topics
Classification