UNICEF
Inyoborabarezi y’Ikinyarwanda yateguwe mu mwaka wa 2015 na Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda (REB) kugira ngo igufasha kwigisha mu mashuri y’inshuke, gutegura ibikorwa bishingiye ku mwana, binyuze mu mikino inyuranye.
2019 · 274 pages

Abstract
Iyi nyoborabarezi ikubiyemo inama wagenderaho mu gufasha abana kwiga Ikinyarwanda hifashishijwe uburyo bujyanye n’ikigero cy’abana b’inshuke. Iyi nyoborabarezi ikagizwa mu kazi kawe ka buri munsi. Bimwe mu byo ukwiye kwitaho mu mikoreshereze y’iyi nyoborabarezi ni ibi bikurikira: gutegura isomo n’imfashanyigisho ziboneye kandi ukirikana ko mu mashuri y’inshuke abana biga binyuze mu mikino; gushyira abanyeshuri mu matsinda kugira ngo bige gukorera hamwe no kuzuzanya banateza imbere imbamutima zabo; guha abanyeshuri uruhare mu myigire yabo, bakorera imyitozo mu matsinda cyangwa buri wese ku giti ke kandi bakora ubushakashatsi buri ku rwego rwabo; gutegurira abana uburyo buzamura ubushobozi bwabo, ukoresha imyitozo ituma batekereza byimbitse, bakemura ibibazo, bakora ubushakashatsi, bahanga udushya kandi babasha gusabana, gukorera hamwe no kubana n’abandi; gukoresha imfashanyigisho mu myigishirize kandi uha agaciro ibikorwa by’abana bakorera mu ishuri; kwinjiza mu masomo anyuranye ingingo nsanganyamasomo ziteganwa n’integanyanyigisho ishingiye ku bushobozi kugira ngo utoze abana bakiri bato kugira indangagaciro z’umuco nyarwanda, ushingiye ku kigero cyabo. Iyi nyoborabarezi ikagizwa mu kazi kawe ka buri munsi. Iyi nyoborabarezi ikagizwa mu kazi kawe ka buri munsi. Iyi nyoborabarezi ikagizwa mu kazi kawe ka buri munsi. Iyi nyoborabarezi ikagizwa mu kazi kawe ka buri munsi.
Connected topics
Classification